Umubiri w’umusirikare w’u Rwanda wiciwe muri Santarafurika mu butumwa bw’amahoro wagejejwe mu Rwanda

Babinyujije ku rubuga rwabo rwa twitter, RDF yatangaje ko kuri iki cyumweru tariki ya 16 Nyakanga 2023, umubiri wa Sgt Tabaro Eustache wari umusirikare w’u Rwanda wari mu gikorwa cyo kugarura amahoro mu gihugu cya Santarafurika akicirwayo, wagejejwe mu Rwanda.

 

Inkuru Wasoma:  Ibihugu bigize umuryango wa COMESA mu kwiga uburyo byagira uruhushya rumwe rwo gutwara ibinyabiziga

Abasirikare ba RDF bayobowe na Maj. Gen Ruki Karusisi n’umuryango wa nyakwigendera, nibo bakiriye mu cyubahiro umubiri w’uwo musirikare ku kibuga cy’indege cya Kigali. Sgt Tabaro Eustache yitabye Imana kuwa 10 Nyakanga 2023 nyuma yo kuraswa n’abitwaje intwaro mu majyaruguru ya Santarafurika.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Email: info@imirasiretv.com

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.

error: Oops! Paji uri gushakisha ntabwo ibashije kuboneka