Ibitekerezo bitandukanye Mutesi Jolly yahawe ku mashusho yashyize hanze agaragara nk’uwizihiwe

Mu mashusho Mutesi Jolly wabaye nyampinga w’u Rwanda wa 2016 aherutse kunyuza ku rukuta rwe rwa X atanga ubutumwa ku rubyiruko kwirinda inzoga kugira ngo barusheho gukorera igihugu bemye, amaso y’abantu yari ahanze cyane kuri ayo mashusho bitewe n’ukuntu Mutesi yagaragaraga nk’uwizihiwe.

 

Muri ubwo butumwa, Mutesi yagize ati “Rubyiruko rugenzi rwanjye, urugamba rw’iterambere ry’igihugu cyacu rukeneye ko tururwana turi sober enough. Kugira ngo tugere aho u #Rwanda rwifuza kugera, dukeneye kuvoma no kwigira ku ndangagaciro z’inkotanyi zitanze zitizigama. Ntah rwose Inkotanyi zirara #pilipili na #Boho ntabwo uru rugamba tuzarurwana ngo bikunde.” Uri inkotanyi ya Boho na Pilipili Mutesi Jolly mu bukangurambaga bwa #Tunyweless.”

Inkuru Wasoma:  Umuhanzi Mico the best arafunzwe.

 

Ntabwo byaje gutinda kuri X hahise hashyirwaho amashusho ye arimo kubyina bigaragara ko yizihiwe cyane, ndetse ari kumwe n’undi muntu, bakimara kuyabona batangira gutanga ubutumwa butandukanye ariko bushingiye ku guhuza ubutumwa yatanze n’imibyinire y’aho mu mashusho.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Email: info@imirasiretv.com

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.

error: Oops! Paji uri gushakisha ntabwo ibashije kuboneka