Clarisse Karasira wamenyekanye cyane mu kuririmba indirimbo gakonmdo yavuze ko atazongera kwita ku bintu bicirirtse, nk’abamwanga, amamuhwihwisa n’ibindi. Uyu muhanzi utorohewe na gato ku rubuga rwa twitter nyuma y’ibyo yari yavuze agafatwa nko kwishongora, avuga ko atazaongera kwibaza ku cyaba igihe avugishije ukuri, ko azajya yita kucyo Imana imusaba gukora gusa.

 

Kuri uyu wa 12 kanama 2022 abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter yagize ati” mperutse guhagarika kwita ku bintu bito nko kubanyanga, abamvuga nabi, icyaba ndamutse mvuze ukuri, nahisemo kwita cyane kucyo Imana imbwiriza gukora, kuvuga, kuririmba cyangwa gushyira hanze. Iyi sin ta munoza ariko Imana ni iyo kwiringirwa”. Karasira yari aherutse kuvuga ko agiye kurekera aho gukoresha urubuga rwa twitter, ariko nyuma aza kwisubiraho.

Mu gahinda kenshi, Kenny sol avuze impamvu ataririmbye mu gitaramo cya The Ben n’agasuzuguro yakorewe| hari abo ashinja ubujura.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.