Amafoto: Bruce Melodie na Bayingana mu gitaramo cya Gen-z uko byari byifashe

Haraye habaye iseka rusange rimaze kumenyekana nka Gen-Z Comedy Kuri uyu 23 Mutarama 2025. aho riba inshuro ebyiri mu kwezi ku munsi wo ku wa Kane.

 

Mu ijoro ryakeye byari bishyushuye dore ko abasitari benshi bitabiriye. Umuhanzi Bruce Melodie ni umwe mu  bari bahari, akaba yari n’umutumirwa mu gice cya Meet Me Tonight. Ntabwo ari we gusa, kuko umuhanzi Alto nawe ni umwe mu bitabiriye ndetse yaje no guhabwa umwanya asusurutsa abitabiriye mu ndirimbo zaryoheye benshi.

Inkuru Wasoma:  Kanimba na Soleil bagarutse ku bukwe bakoze bukavugisha abantu bose

 

Umunyamakuru w’imikino David Bayingana, nawe ni umwe mu bari muri Gen-Z ndetse yari umutumirwa muri Meet Me Tonight aho yagarutse ku rugendo rwe mu itangazamakuru amazemo imyaka irenga 20. Ntabwo twavuga abanyuze abitabiriye iri seka rusanga rusange ngo twibagirwe Ishyaka ry’Intore ryacinye umudiho biratinda. Iri torero Ishyaka ry’Intore rikaba rifite n’igitaramo ku wa 25 Mutarama 2025.

 

Abanyarwenya batandukanye barimo Clemance, Muhinde, Ishimwe Clement n’abandi batandukanye bashimishije imbaraga yitabiriye.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Email: info@imirasiretv.com

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.

error: Oops! Paji uri gushakisha ntabwo ibashije kuboneka