banner

Abagizi ba nabi batemye inka 6 z’umuturage

Mu karere ka Ngoma, abagizi ba nabi, bagiye mu ifamu y’umuturate, bica inka ze esheshatu, izindi bazica amaguru barayatwara.

Ibi byabereye mu Murenge wa Jarama , Akagari ka Kigoma, mu Mudugudu wa Cyarusambu, biba mu ijoro ryo kuwa 25 Gashyantare 2025.

 

Gusa Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngoma, ku rubugwa rwa x bwavuze ko iki kibazo bwakimenye ndetse buri gushakisha uri inyuma y’ibyo.

 

Bwagize buti “Iki kibazo twakimenye kubufatanye n’izindi nzego turimo kugikurikirana kugirango abagize uruhare muri ubu bugizi bwa nabi bafatwe bashyikirizwe  ubutabera bakurikiranwe.

 

Inkuru Wasoma:  Rutsiro: Barasaba ko iki kibazo cyakemuka hatarazamo kwicana

Polisi y’Igihugu ivuga ko nyuma yo kumenya amakuru, yatangiye gukurikirana iki kibazo ndetse abantu batatu bamaze gutabwa muri yombi .

 

Yagize iti “Ibi byabaye mu ijoro ryakeye kandi twatangiye kubikurikirana ndetse n’abacyekwa batatu bamaze gufatwa bakaba bafungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Jarama mu gihe iperereza rigikomeje.” 

Abagizi ba nabi batemye inka 6 z’umuturage

Mu karere ka Ngoma, abagizi ba nabi, bagiye mu ifamu y’umuturate, bica inka ze esheshatu, izindi bazica amaguru barayatwara.

Ibi byabereye mu Murenge wa Jarama , Akagari ka Kigoma, mu Mudugudu wa Cyarusambu, biba mu ijoro ryo kuwa 25 Gashyantare 2025.

 

Gusa Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngoma, ku rubugwa rwa x bwavuze ko iki kibazo bwakimenye ndetse buri gushakisha uri inyuma y’ibyo.

 

Bwagize buti “Iki kibazo twakimenye kubufatanye n’izindi nzego turimo kugikurikirana kugirango abagize uruhare muri ubu bugizi bwa nabi bafatwe bashyikirizwe  ubutabera bakurikiranwe.

 

Inkuru Wasoma:  Rutsiro: Barasaba ko iki kibazo cyakemuka hatarazamo kwicana

Polisi y’Igihugu ivuga ko nyuma yo kumenya amakuru, yatangiye gukurikirana iki kibazo ndetse abantu batatu bamaze gutabwa muri yombi .

 

Yagize iti “Ibi byabaye mu ijoro ryakeye kandi twatangiye kubikurikirana ndetse n’abacyekwa batatu bamaze gufatwa bakaba bafungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Jarama mu gihe iperereza rigikomeje.” 

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru cyashyizweho kigamije gutangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Phone/ WhatsApp: +250788205788

Email: info@imirasiretv.com

Izo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.

error: Oops!