Umusore witwa LUIZO yakoze amateka akora ubukwe bwa gatangaza kumyaka ye 33 , akoze amateka Atari geze kubaho mu mateka nkuko mumagambo ye yabitangarije itangazamakuru , Louizo ni umusore uba mugihugu cya Congo  muri Kivu ya majyepfo ahitwa Karehe.

Akaba yafashe umwanzuro wo kurongora abakobwa 3bimpanga bazwi nka NATHALIE, NADEGE NA NATACHA  , Aba bose uko ari batatu bavuga ko kuva mubwana bwabo ntabwo bifuzaga ikintu cyaza batandukanya , none bakabijeinzozi zabo zokutazatandukanwa numugabo , bavuzeko kandi n’ubwo abandi babibona nk’ibintu bibi gusangira  umugabo umwe kabone nubwo abantu batabyumva. Bo bavugako gusangira byose aribwo buzima bahozemo kuva mubwana bwabo, ko ntacyo byabatwara

Uyu musore yakomeje avuga ko bigoranye kubyumva , cyane ko n’umuryango we utabyumva ndetse ni inshuti ze gusa  we avugako ntampamvu abona yatuma atabatwara bose cyane ko basa bose kandi bahuje imico ; nubwo ari icyemezo kitoroshye gusa agomba kubikora .

Iyo avuga kubyubukwe bwe avuga ko utabonye ibigenda atabona ibigaruka kandi ko amahitamo ye ari aye ,ko buri muntu wese agira mahitamo kandi agomba kubahwa ntawuyabangamiye ;ko ibyo nawe byamuteye gufata umwanzuro ukomeye wo gushaka ababakobwa batatu kabone nubwo umuryango utabyumva .

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.