Biravugwa ko abakozi b’akarere ka Rulindo barimo na Gitifu w’ako batawe muri yombi bakurikiranweho kunyereza umutungo wa Leta. Kigali Today iravuga ko amakuru yizewe ifite, ari uko mu batawe muri yombi harimo n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Rulindo, Kanyangira Ignace.

 

Biravugwa ko baba baranyereje amafaranga ataramenyekana umubare, mu ngengo y’imari igenewe kubaka umuhanda umwe muri ako karere.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.