Kuri uyu wa Gatanu tariki 07 Nzeri 2024, Polisi yo mu gihugu cya Kenya, yemeje ko inkongi y’umuriro yibasiye ishuri rya Hillside Endarasha Academy muri Nyer, yahitanye abanyeshuri bagera kuri 17.

 

Aganira na radio Hot 96 FM, umuvugizi wa Polisi ya Kenya, Resila Onyango, yavuze ko iyo nkongi ikimara kwataka ririya shuri, abashinzwe ubutabazi bahise bahagera ndetse ngo nyuma n’abayobozi baraza gutanga ibisobanuro.

 

Yagize ati “Twatakaje abanyeshuri 17 mu kibazo cy’umuriro mu gihe 14 bakomeretse. Ikipe yacu iri ahabereye ibi kuri ubu.”

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.