Abakobwa 3 b’abanyeshuri bo muri Cameroon bari hagati y’imyaka 15 na 18 bajyanwe mu bitaro igitaraganya nyuma yo kwitera inshinge zirimo imiti y’ubwoko bwose ngo biyongerere ubunini bw’ikibuno. Aba bahise bajyanwa mu bitaro by’akarere bya Bafia,kuwa 09 Ukuboza 2022,nyuma y’uko imibiri yabo ibahindutse bakimara kwitera uruvande rw’imiti mu bice by’inyuma byabo.

 

Aba bakobwa bigaga ku kigo cyitwa Lycee Technique et classique Bafia,bahise babagwa nyuma yo kugezwa ku bitaro.Ku bw’amahirwe bakize ndetse abaganga bemeje ko bagiye kure y’ibyago. Aba bakobwa babajijwe babwiwe ko bifuzaga kugira ikibuno kinini ariyo mpamvu biteye urwo ruvange rw’imiti kuko hari uwababwiye ko rwabafasha kugera ku byifuzo byabo. Umuryango

Fridaus avuze ibyo Ndimbati yakoze nyuma yo gufungurwa bihabanye n’ibyo yari amwitezeho.

Scovia Mutesi yerekanye impamvu Bamporiki Edouard ari umwere n’abari gukingirwa ikibaba muri iki kirego.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Email: info@imirasiretv.com

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.