Hashize igihe kitari gito u Rwanda ruri mu myiteguro y’inama ihuza ibihugu na za guverinoma bikoresha ururimi rw’icyongereza (CHOGM). iyi nama nyuma y’uko isubitswe n’ubundi yaragombaga kubera mu Rwanda kubera icyorezo cya COVID-19 yaje kwimurirwa muri uyu mwaka wa 2022.

 

Dore uko byifashe impande n’impande mu mugi wa Kigali mu gihe imyiteguro irimbanije.

Ni ikinyamakuru cyashyizweho kigamije gutangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Phone/ WhatsApp: +250788205788

Email: info@imirasiretv.com

Izo twaguhitiyemo

©2021-2024 IMIRASIRE TV Ltd. All Right Reserved