banner

Amayobera k’urupfu rw’umugabo wapfiriye muri lodge

Kuri uyu wa 16 mata 2023 nibwo hamenyekanye urupfu rw’umugabo wapfiriye mu mazu acumbikira abantu aya bita lodge, mu murenge wa Muhima mu karere ka Nyarugenge. Byavuzwe ko yazize ubusinzi ndetse umunyamabanga nshingwabikorwa w’uyu murenge, Mukandori Grace yemeza urupfu rwe.    Abantu bane bapfuye bishwe n’inzara kubera kwiyiriza ngo babone ijuru

 

Ubwo yaganiraga n’Umuseke dukesha iyi nkuru, Mukandori yavuze ko imyirondoro y’uyu mugabo itaramenyekana ariko inzego zishinzwe umutekano zikiri gukora iperereza, avuga ko uwo mugabo yazize gusinda ariko ibindi biramenyekana iperereza rirangiye.

Inkuru Wasoma:  Umusore yahagaritse ubukwe habura icyumweru kimwe kubwo kumenya ko umukunzi we yakuyemo inda 17 zose

 

Nta yandi makuru aramenyekana kuri uyu mugabo ariko byemejwe n’uyu muyobozi ko byabereye mu kagari ka Nyabugogo muri uyu murenge abereye umuyobozi. Ntago ari ubwa mbere umuntu yapfira muri lodge muri uyu murenge, kuko no muri Gicurasi 2022 hari umugore wapfiriye muri lodge.

Amayobera k’urupfu rw’umugabo wapfiriye muri lodge

Kuri uyu wa 16 mata 2023 nibwo hamenyekanye urupfu rw’umugabo wapfiriye mu mazu acumbikira abantu aya bita lodge, mu murenge wa Muhima mu karere ka Nyarugenge. Byavuzwe ko yazize ubusinzi ndetse umunyamabanga nshingwabikorwa w’uyu murenge, Mukandori Grace yemeza urupfu rwe.    Abantu bane bapfuye bishwe n’inzara kubera kwiyiriza ngo babone ijuru

 

Ubwo yaganiraga n’Umuseke dukesha iyi nkuru, Mukandori yavuze ko imyirondoro y’uyu mugabo itaramenyekana ariko inzego zishinzwe umutekano zikiri gukora iperereza, avuga ko uwo mugabo yazize gusinda ariko ibindi biramenyekana iperereza rirangiye.

Inkuru Wasoma:  Umusore yahagaritse ubukwe habura icyumweru kimwe kubwo kumenya ko umukunzi we yakuyemo inda 17 zose

 

Nta yandi makuru aramenyekana kuri uyu mugabo ariko byemejwe n’uyu muyobozi ko byabereye mu kagari ka Nyabugogo muri uyu murenge abereye umuyobozi. Ntago ari ubwa mbere umuntu yapfira muri lodge muri uyu murenge, kuko no muri Gicurasi 2022 hari umugore wapfiriye muri lodge.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru cyashyizweho kigamije gutangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Phone/ WhatsApp: +250788205788

Email: info@imirasiretv.com

Izo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.

error: Oops!