Fridaus mukiniga cyinshi cyane yagaragaye aganira n’umunyamakuru wa 3D tv ,agaragaza agahinda yatewe nabantu bakomeza kumutuka bamufata nk’uri  kubeshya cyane. Gusa yasabye abantu ko gutanga Ndimbati yabitewe nuko yari arambiwe ubuzima bubi yari abayemo kandi uwamuteje ibibazo byose ariwe NDIMBATI ari kwidedembya nyamara abana bari kwangirika nyamara ari nta kosa bakoze.

 

Yavuze ko cyakora atifuzaga ko NDIMBATI afungwa, ahubwo yifuzaga ko afashwa ,cyane ko yari abimaranye igihe kinini akora ibishoboka byose ngo ahabwe uburenganzira bwe we na abana be. Cyane ko yari yaranifuje ko bahuza imiryango ariko NDIMBATI AKOMEZA kubyanga , amubwira ko atazongera kugira icyo amufasha batarajya mu mategeko.

Ibyo byose nibyo byateye FRIDAUS guhamagara umunyamakuru wa ISIMBI TV kugirango yerke abanyarwanda bose ibibazo nibyago by’ugarije abakobwa  byihohoterwa, ntiyehwemye no kubwira nabandi bafite ibibazo nkibye ko babivuga maze bagahagurukira hamwe kurwanya ibyo bibazo byugarijwe abana babakobwa.

YABAJIJWE NIBA ATARI AZIRANYE NA SABIN , Ysubije ko batari baziranye yamuhamagaye ngo amwake ubufasha nk’umubyeyi,kandi ko Sabin nyuma yo kumenya ayo makuru yahamagaye NDIMBATI amaubwira ko yakwemera gufasha abana cyane ko yabemeraga ,ariko Ndimbati aramubwira ngo nakore inkuru azisobanura.

Yakomeje asubiza ibibazo yabazwaga ibibazo bitandukanye yabazwaga gusa cyane cyane yakomeje we kugaragaza ko icyo agamije Atari ugushyira hasi NDIMBATI nkuko benshi babitekereza ahubwo ko abangamiwe nicyibazo cy’imibereho gusa  ko ataboana abana bapfa kandi bafite ababyeyi cyangwa ngo bazabure uko biga bafite umubyeyi.

Ni ikinyamakuru cyashyizweho kigamije gutangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Phone/ WhatsApp: +250788205788

Email: info@imirasiretv.com

Izo twaguhitiyemo

©2021-2024 IMIRASIRE TV Ltd. All Right Reserved