Mu mugi wa Kigali mu murenge wa Nyakabanda mu kagari ka Nyakabanda, m’urugo rw’uwitwa Kamanzi Pacifique yaje gusanga umugore we agiye gufatwa kungufu nundi mugabo amusanze mu buriri bwe asanzwe aryamaniraho n’umugore we , uy’umugabo waje gusambanya umugore we yarasanzwe ari umucuruzi w’imodoka mu Gatsata akaba yitwa Ntaganda.
Ubwo Pacifique yaganiraga n’itangazamakuru yagize ati:” Ubundi twari turi hirya gato y’urugo muri jaride yarifari aho, umugabo aza tutamubonye y’injira mu nzu yanjye icyo gihe umugore wanjye yari yagiye koga maze avuyeyo asanga uwo mugabo yinjiye mu cyumba ariko ikigaragarako nuko bari basanzwe babikora kuko nta muntu waza mu cyumba cyundi mugabo arubwa mbwere, ubwo bahuriraga mu cyumba umugore wanjye nuwo mugabo batangiye kurwana maze twumva urusaku duhita tuza dusanga uwo mugabo ashaka gusambanya umugore wanjye kungufu uwo mugabo yari yamaze gukuramo imyenda yose ya mbaye ubusa.”
Abaturage baturanye na Kamanzi bagize ibyo batanga kuru y’umuryango, umuturage yagize ati:”Mu byukuri ntago byari bikwiriye ko umugabo nka Ntaganda ashobora kuza gusambanya umugore w’umugabo mugenzi we, ibi subwa mbere bibaye ikigaragara ko bisanzwe biba ahubwo impamvu umugabo atabimenyaga nuko akenshi yabaga yagiye muri misiyo hanze y’igihugu, ubu nibwo abimenye kubera yarariho hafi, ariko birababaje kubona umugore ubyaye kabiri ajyaguca umugabo we inyuma maze akabikorera no mu cyumba aryamaniraho n’umufasha we ntago byari bikwiye.”
Abantu baraho barebye ayo mahano bemeje ko Ntaganda akimara gufatwa ya mbaye ubusa yatangiye gusaba imbazi apfukamye avugako atazongera ubwo bamubwiraga ko bagiye guhamagara ubuyobozi ndetse n’umugore we yababwiye ko ubuzima bwe bwose bwaba burangiye uko yasabaga imbabazi yigaragura hasi abagabo baraho batangiye ku mugirira impuhwe ngo ababarirwe kubyo yakoze birangira bazimuhaye aragenda.
Uwo muturage ubwo yakomezaga kuduha amakuru yagize ati:”Mu byukuri birababaje ku bona umuntu warumaze guhabwa imbabazi yarangiza nyuma akaza guhindukira akajya kurega ko yakubiswe kandi abantu bose bari bahari yaka imbabazi yigaragura hasi, uy’umugabo yagiye arega avugako yagambaniwe nuy’umuryango ariko , Kamanzi ubwo ya mubonaga mu buriri bwe uburakari bwaje amukubita inkoni imwe ariko nta zindi ya mukubise, ako kanya twahise dukumira ararekera, icyamushenguye umutima n’ukubona inshuti ye iryamanye n’umugore we .”
Ntaganda ucuruza amamodoka nyuma yo gufatirwa mu cyumba cya bandi yambaye ubusa ari kumwe n’umugore w’abandi yahise anajya muri RIB kurega Kamanzi Pacifique ko ya mukubise kandi byarakagambane n’umugore we aribintu bari barapanze kuva kera, ariko abaraho bemezako yahawe imbabazi mu gihe yararimo kwigaragura hasi yamara kuzihabwa avuye aho none bakajya kumva ngo yagiye mu butabera abaturage barasaba inzengo z’ubutabera ko zazashishoza muri kino kibazo ko nabo bahari ngo batage amakuru yose yibya habereye.