banner

‘Dore ikofi yanjye Mana nta kintu kirimo gira uko ubigenza’ Papa sava n’abe batakamba bari gufasha benshi

Kimwe nk’andi yose, amashusho yakunzwe cyane bitewe n’impamvu runaka usanga hari uwayakase maze agatangira kuyasakaza ku mbuga nkoranyambaga. Ibi byabaye mu gace gato k’amashusho yavuye muri filime ya papa sava barimo kuririmba ko ubukene bumeze nabi bityo Imana yagira uko ibigenza.

 

Muri aya mashusho baririmbaga bagira bati “Dore ikofi yanjye Mana nta kintu kirimo, gira uko ubigenza Mana abana b’isi batamenyera.” Aya mashusho rero ari gukwirakwira cyane, aho bari no kuyatangaho ibitekerezo ko kubera ubukene buhari muri iyi minsi ari gufasha benshi kuyatura Imana ngo igire ikintu imarira abantu.

‘Dore ikofi yanjye Mana nta kintu kirimo gira uko ubigenza’ Papa sava n’abe batakamba bari gufasha benshi

Kimwe nk’andi yose, amashusho yakunzwe cyane bitewe n’impamvu runaka usanga hari uwayakase maze agatangira kuyasakaza ku mbuga nkoranyambaga. Ibi byabaye mu gace gato k’amashusho yavuye muri filime ya papa sava barimo kuririmba ko ubukene bumeze nabi bityo Imana yagira uko ibigenza.

 

Muri aya mashusho baririmbaga bagira bati “Dore ikofi yanjye Mana nta kintu kirimo, gira uko ubigenza Mana abana b’isi batamenyera.” Aya mashusho rero ari gukwirakwira cyane, aho bari no kuyatangaho ibitekerezo ko kubera ubukene buhari muri iyi minsi ari gufasha benshi kuyatura Imana ngo igire ikintu imarira abantu.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru cyashyizweho kigamije gutangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Phone/ WhatsApp: +250788205788

Email: [email protected]

Izo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.

error: Oops!