Ikigo mpuzamahanga gishinzwe kurwanya ubugizi bwa nabi bwateguwe cyashyize hanze urutonde rw’ibihugu 10 by’Afurika bifite umubare munini w’ubwicanyi. Igihugu gihiga ibindi muri Afurika kuberamo ubwicanyi ni Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo ifite 7.35 by’ubwicanyi ndetse ikaba ari iya 5 ku isi mu kuberamo ubwicanyi.

 

Nijeriya iri ku mwanya wa kabiri aho ifite 7.28 by’ibyaha birimo ubwicanyi igafata umwanya wa 6 ku isi. Afurika y’epfo ni iya gatatu na 7.18 ikaba ita karindwi ku isi mu kuberamo ubwicanyi. Dore uko urutonde ruhagaze k’uko ibihubu bikurikirana n’imyaka bifata ku isi:

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.