banner

Dr Jimmy Gasore yagizwe Minisitiri w’Ibikorwaremezo

Mu itangazo ryaturutse mu biro bya minisitiri w’intebe kuri uyu wa 12 Nzeri 2023, Dr Gasore Jimmy yagizwe minisitiri w’ibikorwaremezo asimbuye Dr Erinest Nsabimana wari waragiye mu mwanya wo kuyobora iyi minisiteri muri Mutarama 2022. Kuri uyu wa 12 Nzeri 2023 nibwo Erinest Nsabimana yari yahagarariye amasezerano yo kuzubaka mu Rwanda uyuganda rutunganya ingufu za kirimbuzi.

 

Ayo masezerano yasinywe hagati y’ikigo cy’u Rwanda gishinzi ingufu za kirimbuzi n’ikigo Dual Fluid. Dr Gasore yari amaze igihe ari umwarimu muri kaminuza y’u Rwanda ishami rya siyansi n’ikoranabuhanga, akaba ari umuhanga mu bugenge.

Inkuru Wasoma:  Imyaka yo kwemererwa gushyingirwa ishobora guhinduka, hatangajwe iyo ishobora kuba

 

Muri kaminuza yahigishaga ubumenyi bw’imiterere y’ikirere ‘Atmospheric science’ ibi akaba yarabiminujemo muri kaminuza yo muri Amerika bita Massachusetts Institute of Technology(MIT) muri Gashyantare,2018. Yahawe kuyobora ikigo cy’u Rwanda cyiga iby’imihindagurikire y’ikirere muri 2013.

Dr Jimmy Gasore yagizwe Minisitiri w’Ibikorwaremezo

Mu itangazo ryaturutse mu biro bya minisitiri w’intebe kuri uyu wa 12 Nzeri 2023, Dr Gasore Jimmy yagizwe minisitiri w’ibikorwaremezo asimbuye Dr Erinest Nsabimana wari waragiye mu mwanya wo kuyobora iyi minisiteri muri Mutarama 2022. Kuri uyu wa 12 Nzeri 2023 nibwo Erinest Nsabimana yari yahagarariye amasezerano yo kuzubaka mu Rwanda uyuganda rutunganya ingufu za kirimbuzi.

 

Ayo masezerano yasinywe hagati y’ikigo cy’u Rwanda gishinzi ingufu za kirimbuzi n’ikigo Dual Fluid. Dr Gasore yari amaze igihe ari umwarimu muri kaminuza y’u Rwanda ishami rya siyansi n’ikoranabuhanga, akaba ari umuhanga mu bugenge.

Inkuru Wasoma:  Imyaka yo kwemererwa gushyingirwa ishobora guhinduka, hatangajwe iyo ishobora kuba

 

Muri kaminuza yahigishaga ubumenyi bw’imiterere y’ikirere ‘Atmospheric science’ ibi akaba yarabiminujemo muri kaminuza yo muri Amerika bita Massachusetts Institute of Technology(MIT) muri Gashyantare,2018. Yahawe kuyobora ikigo cy’u Rwanda cyiga iby’imihindagurikire y’ikirere muri 2013.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru cyashyizweho kigamije gutangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Phone/ WhatsApp: +250788205788

Email: info@imirasiretv.com

Izo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.

error: Oops!