banner

Elon Musk yatutse Chancellor w’u Budage

Umuherwe wa mbere ku Isi, Elon Musk, yatutse Chancellor w’u Budage, Olaf Scholz, amushinja uburangare bwatumye habaho igitero simusiga cyahitanye abaturage babiri barimo n’umwana.

 

Mu ijoro ryo kuri uyu wa 20 Ukuboza, umugabo w’imyaka 50 ufite inkomoko muri Arabie Saoudite yiraye mu baturage abagongesha imodoka, abagera kuri 60 barakomereka abandi babiri barapfa.

 

Uyu mugabo yari afite ibyangombwa byo gutura mu Budage, aho yageze mu 2006, amakuru akavuga ko yari umuganga. Byavuzwe kandi ko uyu mugabo yagombaga koherezwa mu gihugu cye ariko bigahindurwa.

Inkuru Wasoma:  Umusore na mushiki we basezeranye nk'umugore n'umugabo bahawe igihano gikakaye

 

Ibi byazamuye uburakari bw’abarimo Elon Musk wavuze ko “Scholz agomba guhita yegura, Ni igicucu kidashoboye.”

 

Musk kandi yavuze ko Abadage bakwiriye gutora ishyaka rya AfD kuko ari ryo rizabakura mu bibazo barimo, gusa ibi byakuruye igitutu cy’abatarishyigikiye bamushinje kwivanga muri politike y’ibibera imbere mu Budage.

Elon Musk yatutse Chancellor w’u Budage

Umuherwe wa mbere ku Isi, Elon Musk, yatutse Chancellor w’u Budage, Olaf Scholz, amushinja uburangare bwatumye habaho igitero simusiga cyahitanye abaturage babiri barimo n’umwana.

 

Mu ijoro ryo kuri uyu wa 20 Ukuboza, umugabo w’imyaka 50 ufite inkomoko muri Arabie Saoudite yiraye mu baturage abagongesha imodoka, abagera kuri 60 barakomereka abandi babiri barapfa.

 

Uyu mugabo yari afite ibyangombwa byo gutura mu Budage, aho yageze mu 2006, amakuru akavuga ko yari umuganga. Byavuzwe kandi ko uyu mugabo yagombaga koherezwa mu gihugu cye ariko bigahindurwa.

Inkuru Wasoma:  Umusore na mushiki we basezeranye nk'umugore n'umugabo bahawe igihano gikakaye

 

Ibi byazamuye uburakari bw’abarimo Elon Musk wavuze ko “Scholz agomba guhita yegura, Ni igicucu kidashoboye.”

 

Musk kandi yavuze ko Abadage bakwiriye gutora ishyaka rya AfD kuko ari ryo rizabakura mu bibazo barimo, gusa ibi byakuruye igitutu cy’abatarishyigikiye bamushinje kwivanga muri politike y’ibibera imbere mu Budage.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru cyashyizweho kigamije gutangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Phone/ WhatsApp: +250788205788

Email: info@imirasiretv.com

Izo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.

error: Oops!