banner

FC BALCELONA YINJIYE MU GUGUSHAKA UBURYO YASINYISHA Kylian Mpappe/ AHO PAUL POGBA AGIYE KWEREKEZA amakuru ya TRANSFER YOSE I BURYAYI

Ikipe ya Barcelona nyuma yo kwitwara neza , muri iyi minsi byatumye ifata icyemezo cyo kuza umusore ukiri muto Kylian Mpappe cyane ko uyu musoreĀ  atakibona cyane mu ikipe ya PSG , asa nkushaka kugira ahantu ajya nawe akayobora .akababeraĀ  umwami.

AbaESPANYE ngo bifitiye ikizere cyo hejuru cyo kuba basinyisha uyu musoreĀ  ;cyaneĀ  ko abaterankunga bashya biyi ikipe bamwifuza cyane byumwihariko umuterankunga baherutse gusinyisha SPORTIF ndetseĀ  ikigertse kuri byo ngo BARCELONA Irafata inguzanyo ariko imusinyishe.

Inkuru Wasoma:  Umuyobozi wā€™ikipe ikomeye arimo kwishyuzwa indaya yemereye abakinnyi.

Paul POGBA ,umukinnyi wā€™ikipe ya Manchester United ari gushaka kwerekeza mu ikipe ya ASTON VILLA Cyangwa NEWCASTLE UNITEDĀ  cyane ko izi arizo ikipe zimushaka ubu akaba ari kwigurisha ku Ubuntu .

Uyu mugabo bias nkaho carreer ye ikomeje gusubira inyuma kugeza ubu uyu munsi ntakipe nimwe I Burayi iri kumwifuza keretse amakipe mato

FC BALCELONA YINJIYE MU GUGUSHAKA UBURYO YASINYISHA Kylian Mpappe/ AHO PAUL POGBA AGIYE KWEREKEZA amakuru ya TRANSFER YOSE I BURYAYI

Ikipe ya Barcelona nyuma yo kwitwara neza , muri iyi minsi byatumye ifata icyemezo cyo kuza umusore ukiri muto Kylian Mpappe cyane ko uyu musoreĀ  atakibona cyane mu ikipe ya PSG , asa nkushaka kugira ahantu ajya nawe akayobora .akababeraĀ  umwami.

AbaESPANYE ngo bifitiye ikizere cyo hejuru cyo kuba basinyisha uyu musoreĀ  ;cyaneĀ  ko abaterankunga bashya biyi ikipe bamwifuza cyane byumwihariko umuterankunga baherutse gusinyisha SPORTIF ndetseĀ  ikigertse kuri byo ngo BARCELONA Irafata inguzanyo ariko imusinyishe.

Inkuru Wasoma:  Umuyobozi wā€™ikipe ikomeye arimo kwishyuzwa indaya yemereye abakinnyi.

Paul POGBA ,umukinnyi wā€™ikipe ya Manchester United ari gushaka kwerekeza mu ikipe ya ASTON VILLA Cyangwa NEWCASTLE UNITEDĀ  cyane ko izi arizo ikipe zimushaka ubu akaba ari kwigurisha ku Ubuntu .

Uyu mugabo bias nkaho carreer ye ikomeje gusubira inyuma kugeza ubu uyu munsi ntakipe nimwe I Burayi iri kumwifuza keretse amakipe mato

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru cyashyizweho kigamije gutangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Phone/ WhatsApp: +250788205788

Email: info@imirasiretv.com

Izo twaguhitiyemo

Copyright Ā© 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.

error: Oops!