Ikipe ya Barcelona nyuma yo kwitwara neza , muri iyi minsi byatumye ifata icyemezo cyo kuza umusore ukiri muto Kylian Mpappe cyane ko uyu musoreĀ  atakibona cyane mu ikipe ya PSG , asa nkushaka kugira ahantu ajya nawe akayobora .akababeraĀ  umwami.

AbaESPANYE ngo bifitiye ikizere cyo hejuru cyo kuba basinyisha uyu musoreĀ  ;cyaneĀ  ko abaterankunga bashya biyi ikipe bamwifuza cyane byumwihariko umuterankunga baherutse gusinyisha SPORTIF ndetseĀ  ikigertse kuri byo ngo BARCELONA Irafata inguzanyo ariko imusinyishe.

Paul POGBA ,umukinnyi w’ikipe ya Manchester United ari gushaka kwerekeza mu ikipe ya ASTON VILLA Cyangwa NEWCASTLE UNITEDĀ  cyane ko izi arizo ikipe zimushaka ubu akaba ari kwigurisha ku Ubuntu .

Uyu mugabo bias nkaho carreer ye ikomeje gusubira inyuma kugeza ubu uyu munsi ntakipe nimwe I Burayi iri kumwifuza keretse amakipe mato