Hafashwe umwanzuro ukomeye nyuma y’uko hari abanyeshuri bafashwe bamanuye Ibendera ry’Igihugu bakamanika iryabo

Abanyeshuri 13 bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo batawe muri yombi bazira kumanura Ibendera ry’Igihugu ryari rimanitse mu kigo cy’amashuri bigamo barangiza bakamanika irindi rifite ibara ry’umukara.

 

 

Nk’uko byatangajwe na BBC aba banyeshuri biga mu ishuri ryisumbuye ryigisha imyuga riherereye i Brazzaville ndetse ngo kugeza ubu igisobanuro cy’iri Bendera ryahise rimanikwa ntikiramenyekana.

Inkuru Wasoma:  Umugabo yishwe akekwaho kwiba ibigori ajugunywa mu buvumo

 

 

Guverinoma ya RD Congo yatangaje ko aba banyeshuri batawe muri yombi bakurikiranyweho icyaha cyo gusuzugura ibirango by’Igihugu.

 

 

Minisitiri w’Uburezi muri iki gihugu, Ghislain Thierry yatangaje ko uretse aba banyeshuri bafunzwe hafashwe iki cyemezo cyo guhita bafunga iki kigo cy’amashuri igitaraganya kugeza igihe kitazwi.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Email: info@imirasiretv.com

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.

error: Oops! Paji uri gushakisha ntabwo ibashije kuboneka