Hatangajwe itariki Papa Francis azashyingurirwaho

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 26 Mata 2025 nibwo nyakwigendera Papa Francis azashyingurwa nk’uko byatangajwe na Vatikani, ubwo banerekanaga amafoto y’umurambo we uri mu isanduku wambitswe imyambaro itukura, ingofero ya ya Papa na rozari mu biganza bye.

 

Abantu batandukanye bari kujya i Vatikani gusezera ku murambo wa Papa Francis, abo barimo n’abaturutse muri Sudani y’Epfo, Argentine, Polonye n’ahandi.

 

Abakuru b’ibihugu barimo Donald Trump, Volodymyr Zelensky  na Emmanuel Macron nabo bari mu bazajya gusezera kuri Papa. Francis yapfuye tariki 21 Mata 2025.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Email: info@imirasiretv.com

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.

error: Oops! Paji uri gushakisha ntabwo ibashije kuboneka