Pasiteri Antoine Rutayisire umushumba ukunzwe cyane mukwigisha ijambo ry’Imana ubwo yarari kubwiriza murusengero , yabwijeukuri abakristo kubintu biriho kandi bikomeje guenya ingozaba kristo . ku ikubitiro ntiyazubaje kubabwiza ukuri kubintu bibiri biri kubitera.

Mu magambo ye yavuze ko “ igifu n’ ikiri munsi yacyo ariyo ntandaro yogusenyuka kwingo byuye hanze aha , akomeza avuga ko mugihe cyose abantu batize gufatira imyanzuro ikomeye ibyo bice byombiko ntakabuzuza kurwubaka bizagorana.

Kandi avuga ko umuregwe nawo ariwo utuma ubusambanyi bwiyongera muri uyu mugi , ko  abantu baregwa bagatangira kwifuza ibihwanye nibyo imibiri yabo irarikira ibyo bigaragara; gusa umuntu utarasobanukirwa ibyontashobora kugira ibintu we afataho umwanzuro ngo agende yubake urwe ahubwo  ko azagumya kuzerera .

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.