Uramutse usomye Bibiliya kuva mu Itangiriro kugera mu Byahishuwe, nta hantu ushobora gusanga umurongo uvuga ku bijyanye no kwikinisha. Ibi bituma abantu benshi bavuga ku kwikinisha batabifata nk’icyaha Imana yanga, ariko ku rundi ruhande Bibiliya igenera buri muntu wese umurongo ntarengwa ku bijyanye n’imibonano mpuzabitsina adashobora kurenga.

 

Muri iyi nkuru, ku muntu wese wabaswe n’ingeso yo kwikinisha  Bibiliya igiye kumufasha uburyo bwo kubicikaho burundu  akagaruka ku murongo bidasabye uburyo bundi bwaba ubw’imiti cyangwa se abaganga. Reka nere kugutindira. KANDA HANO WUMVE NEZA INZIRA ZIRAGUFASHA GUCIKA KURI IYI NGESO YO KWIKINISHA BURUNDU >>> Niwumva izi nzira za Bibiliya uracika ku kwikinisha burundu/ Nta miti cyangwa abaganga

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.