Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwemeje ko Prince kid ariwe Ishimwe Dieudonne uyobora Rwanda Inspiration backup afungwa iminsi 30 y’agateganyo kugira ngo hatabangamirwa iperererza ku byaha arimo kuregwa nk’uko tubikesha inyarwanda.

 

Urukiko ruvuze ko hari impamvu zikomeye zituma akurikiranweho ibyaha byo gusaba  cyangwa gukoresha ishimishamubiri rishingiye ku gitsina no guhoza ku nkeke undi bifitanye isano n’imibonano mpuzabitsina.

 

Urukiko rwemeje ko kandi nta mpamvu ikomeye ituma Ishimwe Dieudonne akurikiranweho icyaha cyo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato. Andi makuru kuri iki kirego turzacya tuyabagezaho uko atugezeho.

Ibi bintu birenze ukwemera!! Uyu mukobwa ashyize byose hanze Miss Liliane, Elsa na Meghan baryamana na Prince Kid. Umva impamvu Miss Meghan yiyeguje muri miss Rwanda.

Ni ikinyamakuru cyashyizweho kigamije gutangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Phone/ WhatsApp: +250788205788

Email: info@imirasiretv.com

Izo twaguhitiyemo

©2021-2024 IMIRASIRE TV Ltd. All Right Reserved