Ni igitaramo cyiswe Rwanda Rebirth celebration concert, cyari cyitabiriwe n’abatari bake kubera ko iyi stade ya BK ARENA isanzwe yakira abantu ibihumbi 10 yari yuzuye bigendanye n’uko iki gitaramo cyari giteguye. Umuhanzi bwiza Niwe wabanje kuririmba abantu batangira kunyurwa, ariko hakurikiyeho Bushali ku ndirimbo ze zakunzwe batangira kwibaza uko biragenda The Ben naramuka ahageze.

 

Abahanzi bakomeje kujya batungurana haba mu miririmbire, imyambarire yatunguye benshi, dore ko cyari igitaramo kirimo udushya rwinshi nk’uko mubyibonera ku mafoto dukesha Igihe.

 

Mu gahinda kenshi, Kenny sol avuze impamvu ataririmbye mu gitaramo cya The Ben n’agasuzuguro yakorewe| hari abo ashinja ubujura.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.