banner

Louise Mushikiwabo yapfushije musaza we

Kuri uyu wa Mbere tariki 29 nyakanga 2024, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa La Francophonie uhuza ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, yapfushije musaza we, witwa Kayiranga Wellars.https://imirasiretv.com/umunyarwanda-yatawe-muri-yombi-akekwaho-gusambanya-umukobwa-we-wimyaka-6/

 

Abinyujije ku rubuga rwa X [yahoze ari Twitter], Mushikiwabo yavuze ko musaza we Kayiranga bakundaga kwita ‘Karateka’ yapfuye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 29 Nyakanga. Yagize ati “Mur’iki gitondo twabuze musaza wacu dukunda cyane, Wellars Kayiranga “karatéka”, yararwaye vuba aha ariko aroroherwa amera neza, twongera gupanga imihigo myinshi, ariko inzira y’ubuzima ntibwira umugenzi.”

Inkuru Wasoma:  Ubutumwa bukomeye Perezida Paul Kagame yageneye abahisemo kwinjira mu gisirikare cy'u Rwanda

 

Mushikiwabo yakomeje yihanganisha umuryango asize, aho yagize ati “Ku bana be n’umugore we: turahari! Ruhukira mu mahoro muvandimwe dukunda!”

Louise Mushikiwabo yapfushije musaza we

Kuri uyu wa Mbere tariki 29 nyakanga 2024, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa La Francophonie uhuza ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, yapfushije musaza we, witwa Kayiranga Wellars.https://imirasiretv.com/umunyarwanda-yatawe-muri-yombi-akekwaho-gusambanya-umukobwa-we-wimyaka-6/

 

Abinyujije ku rubuga rwa X [yahoze ari Twitter], Mushikiwabo yavuze ko musaza we Kayiranga bakundaga kwita ‘Karateka’ yapfuye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 29 Nyakanga. Yagize ati “Mur’iki gitondo twabuze musaza wacu dukunda cyane, Wellars Kayiranga “karatéka”, yararwaye vuba aha ariko aroroherwa amera neza, twongera gupanga imihigo myinshi, ariko inzira y’ubuzima ntibwira umugenzi.”

Inkuru Wasoma:  Ubutumwa bukomeye Perezida Paul Kagame yageneye abahisemo kwinjira mu gisirikare cy'u Rwanda

 

Mushikiwabo yakomeje yihanganisha umuryango asize, aho yagize ati “Ku bana be n’umugore we: turahari! Ruhukira mu mahoro muvandimwe dukunda!”

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru cyashyizweho kigamije gutangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Phone/ WhatsApp: +250788205788

Email: info@imirasiretv.com

Izo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.

error: Oops!