Mukamanzi Beatha wamenyekanye cyane nka mama Nick muri filime nyarwanda ariko cyane cyane muri filime ica kuri televisiyo Rwanda yitwa City maid, aherutse gukora impanuka yagongewemo n’igare kuri ubu akaba agiye kubagwa ‘operation’

 

Mu kiganiro yagiranye na MIE EMPIRE yatangaje ko abaganga bamusabye ko yakorerwa operation ku kuguru, avuga ko ari ibintu bitoroshye kubera uburibwe ari gucamo ariko nyine yizeye ko bizagera aho bikoroha. Bivugwa ko uyu mubyeyi yagonzwe n’igare kuwa 17 werurwe 2022 ubwo yari hafi y’iwe I Nyamirambo agahita ajyanwa kwa muganga.

 

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.