banner

Miss Muyango na Juno Kizigenza mu barebye umukino PSG yatsinzemo Marseille FC

Miss Muyango na Juno Kizigenza bamaze iminsi mu Mujyi wa Paris, bari mu bihumbi by’abarebye umukino wa Paris Saint Germain ndetse na Marseille FC, wabereye muri ‘Stade Parc des Princes’ ku wa 16 Werurwe 2025.

 

Ni umukino barebye ku bufatanye na Visit Rwanda iha amahirwe benshi mu byamamare baba batembereye mu Bufaransa bakifuza kuharebera umukino w’ikipe ya ‘Paris Saint Germain’ basanzwe bakorana.

 

Miss Muyango na Juno Kizigenza, bamaze iminsi ku Mugabane w’u Burayi mu bikorwa bitandukanye.

Miss Muyango yari ategerejwe mu gitaramo Bwiza aherutse gukorera mu Bubiligi, icyakora kubera impamvu zinyuranye birangira atagereye i Burayi ku gihe nk’uko yari yabiteguye.

 

Ubu uyu mugore uri mu bakunzwe cyane mu myidagaduro y’u Rwanda, ari gutembera ibice bitandukanye by’u Burayi yari anagezemo bwa mbere.

Ni mu gihe yahahuriye na Juno Kizigenza we umaze iminsi mu myiteguro y’ibitaramo ateganya gukorera i Burayi mu mpeshyi y’umwaka wa 2025.

Ubwo Miss Muyango yari ageze ku kibuga cya Paris Saint Germain

Akanyamuneza kari kose kuri Miss Muyango wari ugiye kwihera ijisho ikipe ya Paris Saint Germain imbonankubone

Miss Muyango na Juno Kizigenza bari bicaye mu myanya y’icyubahiro

Juno Kizigenza yagize umwanya wo gutembera stade ya PSG

Juno yafatiye ifoto mu iguriro ry’imyenda rya Paris Saint Germain

Juno Kizigenza yatahanye umwenda wa PSG

Juno Kizigenza yafatanye ifoto na Ambasaderi w’u Rwanda mu Bufaransa, François Nkulikiyimfura

Miss Muyango na Juno Kizigenza mu barebye umukino PSG yatsinzemo Marseille FC

Miss Muyango na Juno Kizigenza bamaze iminsi mu Mujyi wa Paris, bari mu bihumbi by’abarebye umukino wa Paris Saint Germain ndetse na Marseille FC, wabereye muri ‘Stade Parc des Princes’ ku wa 16 Werurwe 2025.

 

Ni umukino barebye ku bufatanye na Visit Rwanda iha amahirwe benshi mu byamamare baba batembereye mu Bufaransa bakifuza kuharebera umukino w’ikipe ya ‘Paris Saint Germain’ basanzwe bakorana.

 

Miss Muyango na Juno Kizigenza, bamaze iminsi ku Mugabane w’u Burayi mu bikorwa bitandukanye.

Miss Muyango yari ategerejwe mu gitaramo Bwiza aherutse gukorera mu Bubiligi, icyakora kubera impamvu zinyuranye birangira atagereye i Burayi ku gihe nk’uko yari yabiteguye.

 

Ubu uyu mugore uri mu bakunzwe cyane mu myidagaduro y’u Rwanda, ari gutembera ibice bitandukanye by’u Burayi yari anagezemo bwa mbere.

Ni mu gihe yahahuriye na Juno Kizigenza we umaze iminsi mu myiteguro y’ibitaramo ateganya gukorera i Burayi mu mpeshyi y’umwaka wa 2025.

Ubwo Miss Muyango yari ageze ku kibuga cya Paris Saint Germain

Akanyamuneza kari kose kuri Miss Muyango wari ugiye kwihera ijisho ikipe ya Paris Saint Germain imbonankubone

Miss Muyango na Juno Kizigenza bari bicaye mu myanya y’icyubahiro

Juno Kizigenza yagize umwanya wo gutembera stade ya PSG

Juno yafatiye ifoto mu iguriro ry’imyenda rya Paris Saint Germain

Juno Kizigenza yatahanye umwenda wa PSG

Juno Kizigenza yafatanye ifoto na Ambasaderi w’u Rwanda mu Bufaransa, François Nkulikiyimfura

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru cyashyizweho kigamije gutangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Phone/ WhatsApp: +250788205788

Email: info@imirasiretv.com

Izo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.

error: Oops!