19
Imodoka itwara abagenzi yagonze inyubako ikatirwamo amatike muri Gare ya Nyabugogo, ahakorera Sosiyete yitwa Zebra, urukuta rw’inyubako rugwira abari bayirimo. Nta mubare w’abakomeretse n’abitabye Imana uramenyekana.
Ambulance zahise zihagera kugira ngo zitware kwa muganga abakomeretse na Polisi yahageze kugira ngo ikurikirane iki kibazo.
Iyi nkuru turacyayikurikirana…