ISHIMWE Thierry wamenyekanye nka Titi Brown yagizwe umwere n’Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge. Byari biteganijwe ko Umwanzuro w’Urukiko usomwa saa saba ariko wafashwe mbere y’igihe kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2023.

 

Urukiko kandi rwategetse ko uyu mwanzuro ushyirwa mu bikorwa ukimara gusomwa. Rwategetse kandi ko indishyi zasabwaga n’uruhande rw’urega n’uregwa zitagomba gutangwa.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.