Perezida Kagame akaba n’umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda yashyizeho abayobozi bashya mu inzego z’umutekano

Mu itangazo ryasohotse mu biro bya perezida, Juvenal Marizamunda wari usanzwe ari komiseri w’urwego rw’imfungwa n’abagororwa yagizwe minisitiri w’ingabo, Lt Gen Mubarakh Muganga agirwa umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Email: info@imirasiretv.com

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.

error: Oops! Paji uri gushakisha ntabwo ibashije kuboneka