Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi baherutse guhabwa inshingano nshya

Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi baherutse guhabwa inshingano nshya abasaba kwita ku nshingano bahawe. Byabaye kuri uyu wa 24 Kamana 2023, abo abarahiye harimo Maj. Gen Albert Murasira wahawe kuyobora Minisiteri y’ibikorwa by’ubutabazi (MINEMA).

 

Madamu Jeanine Munyeshuri, umunyamabanga wa Leta muri MINECOFIN ushinzwe ishoramari rya Leta no kwegeranya imari, hamwe na Sandrine Umutoni, umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y’urubyiruko. Perezida yasabye aba barahiriye inshingano nshya gukomeza gukorera igihugu mu nzego zose no gukomeza gukorana n’abayobozi mu nzego zose bazaba barimo.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Email: info@imirasiretv.com

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.

error: Oops! Paji uri gushakisha ntabwo ibashije kuboneka