Perezida Kagame yemeje ko azongera kwiyamamaza

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, aganira na Jeune Afrique yatangaje ko yishimiye icyizere Abanyarwanda bakomeje kumugirira ndetse ko azabakorera uko ashoboye, anashimangira ndetse ko ari umukandida mu matora y’umukuru w’igihugu ataha muri 2024.

 

Ibi perezida Kagame yabivuze ubwo yari abajijwe niba kuba yarongeye gutorerwa kuyobora FPR-Inkotanyi ku majwi 99.8% bidashimangira ko azongera guhagararira uyu muryango mu matora y’umukuru w’Igihugu.

Inkuru Wasoma:  Mudugudu na Mutekano bibye miliyoni 60 Frw z’abaturage batorokera muri Uganda

 

Perezida Kagame yasubije agira ati “Mumaze kubyivugira ko ari ibintu bigaragarira amaso ya bose, ni nako bimeze. Ndishimye ku bw’icyizere Abanyarwanda bamfitiye. Nzakomeza kubakorera uko nshoboye. Yego, ndi umukandida.”

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Email: info@imirasiretv.com

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.

error: Oops! Paji uri gushakisha ntabwo ibashije kuboneka