Perezida Paul Kagame yakiriye umuyobozi mukuru wa Equity Group

Ku mugoroba wo kuwa gatanu tariki 28 Nyakanga 2023, muri Village Urugwiro, perezida Paul Kagame yakiriye Dr. James Njuguna Mwangi, umuyobozi mukuru wa Equity group. Mu butumwa bw’ibiro by’umukuru w’igihugu ntihatangajwe ibyo aba bombi baganiriye.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Email: info@imirasiretv.com

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.

error: Oops! Paji uri gushakisha ntabwo ibashije kuboneka