Byari biteganijwe ko uyu munsi kuwa 30 Kamena 2023 saa tanu z’amanwa aribwo urukiko rukuru ruza gusoma umwanzuro w’urubanza rwa Ishimwe Dieudonne wamenyekanye cyane nka Prince kid, gusa rwaje gusubikwa ahubwo urukiko rwanzura ko Prince kid azongera kuburana ku kimenyetso gishya cyashyizwe muri dosiye kuwa 23 Kamena 2023 bivugwa ko kitigeze kiburanwaho.

 

Urukiko rwanzuye ko kuwa 14 Nyakanga 2023 ruzasubukura urubanza rwa prince kid saa tatu ku rukiko rukuru, kugira ngo aburane ku kimenyetso cy’amajwi ubushinjacyaha bwashyize muri dosiye ye kuwa 23 kamena 2023.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.