Ufashwa bingana iki n’ibihangano binyuzwa ku mbuga nkoranyambaga mu buzima bwawe?

Ugifata terefone yawe ugashyiraho inziramugozi (Internet) uhita ujya gushakisha ibyo ukunda ushaka kureba cyangwa kumva ku mbuga nkoranyambaga. Byari byakubaho nyuma yo kureba amashusho cyangwa kumva amajwi y’ibyo ukunda, ukibaza uti “ese ubwo nungutse iki kuba mbirebye?”

 

Icyo abantu twese twemeranyaho ni uko 90% by’ibyo tureba ku mbuga nkoranyambaga bitwubaka, bikubaka ubuzima bwacu ndetse bikanatuma tunoza umubano wacu n’abantu kubera amasomo twigiye muri ibyo twarebye. Yego ni ko kuri, nubwo wenda hari ibyo tureba mu buryo bwo kwinezeza ariko buri wese uri kureba ikintu ku mbuga nkoranyambaga atekereza ko hari isomo agiye cyangwa amaze kwiga.

 

Inkuru Wasoma:  Itangazo rya AKIMANA Willy Marcellin ryo gusaba guhindura amazina

Nubwo hari ibihangano bisanzwe abantu benshi bazi kandi bakunze gukurikira, gusa hari n’ibitaramenyekana cyane ariko ababikurikira bakaba barabyiyeguriye, aho usanga ari byo bakunda gusa cyangwa hafi y’ibyo bakundo ibyo aribyo bifata umwanya munini, ushobora kwibaza uti “Ibyo bihangano ni ibihe?”

 

Igisubizo cya nyacyo nta kintu ni “INKURU” aho usanga inkuru isobanuye ubuzima kandi ubuzima bukaba bugira ‘INKURU’ yabwo. Ibi byose urabisobanukirwa nuramuka usuye uru RUBUGA ukumva byibura inkuru imwe gusa mu buryo bw’amajwi, nibwo utangira kwibaza uti “Ese ngereranije ibyo nsanzwe nkunda nkanareba, n’ibi ndebye nonaha nagakwiye kubiha umwanya?” KANDA HANO UJYE KUREBA IBYO WAGAKWIYE KUMENYA.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Email: info@imirasiretv.com

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.

error: Oops! Paji uri gushakisha ntabwo ibashije kuboneka