banner

Umugabo w’imyaka 35 ufite ijwi nk’iry’abana batoya bavuga ko afite imyuka mibi akomeje gutangaza abantu bose

ANDERSON ni umugabo w’imyaka 35, utuye muri Tanzania ariko akaba akomeje gutangaza abantu benshi kubera ijwi rye nk’iryabana ndetse umurebye no mu maso yifata nk’abana batoya.

 

Anderson avuga ko akiri mutoya yavugaga ijwi nk’iry’abantu bakuru ariko uko agenda akura rikagenda rigabanuka, ariko ngo ahanini byatewe n’uko mu bwana bwe yari afite ijwi rinini noneho abana bakajya bamutinya.

 

Ngo nibwo rero yatangiye kwitoza kuvuga ijwi ritoya kugeza abigezeho ariko bihita bimukurikirana k’uburyo kongera kugarura ijwi ry’abantu bakuru byamunaniye burundu.

Inkuru Wasoma:  Harakekwa impamvu umuhanzi Chriss Eazy yahamagajwe na RIB.

 

Benshi bakomeza gutungurwa n’imico y’uyu mugabo kubera ko arwanira gukora ibyo abana bakora, ndetse akitwara nk’abana aho yita umugore we nyina, ibyo bikaba bituma abantu bakunda kuvuga afite imyuka mibi.

 

ANDERSON yashakanye na Christine bakaba bamaranye imyaka 7 aho babyaranye abana babiri, ariko igitangaje nuko ahora arwanira n’abana be gukora nk’ibyo bakora ndetse ukaba utabona itandukaniro ryabo nawe uretse imyaka gusa.

Umugabo w’imyaka 35 ufite ijwi nk’iry’abana batoya bavuga ko afite imyuka mibi akomeje gutangaza abantu bose

ANDERSON ni umugabo w’imyaka 35, utuye muri Tanzania ariko akaba akomeje gutangaza abantu benshi kubera ijwi rye nk’iryabana ndetse umurebye no mu maso yifata nk’abana batoya.

 

Anderson avuga ko akiri mutoya yavugaga ijwi nk’iry’abantu bakuru ariko uko agenda akura rikagenda rigabanuka, ariko ngo ahanini byatewe n’uko mu bwana bwe yari afite ijwi rinini noneho abana bakajya bamutinya.

 

Ngo nibwo rero yatangiye kwitoza kuvuga ijwi ritoya kugeza abigezeho ariko bihita bimukurikirana k’uburyo kongera kugarura ijwi ry’abantu bakuru byamunaniye burundu.

Inkuru Wasoma:  Harakekwa impamvu umuhanzi Chriss Eazy yahamagajwe na RIB.

 

Benshi bakomeza gutungurwa n’imico y’uyu mugabo kubera ko arwanira gukora ibyo abana bakora, ndetse akitwara nk’abana aho yita umugore we nyina, ibyo bikaba bituma abantu bakunda kuvuga afite imyuka mibi.

 

ANDERSON yashakanye na Christine bakaba bamaranye imyaka 7 aho babyaranye abana babiri, ariko igitangaje nuko ahora arwanira n’abana be gukora nk’ibyo bakora ndetse ukaba utabona itandukaniro ryabo nawe uretse imyaka gusa.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru cyashyizweho kigamije gutangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Phone/ WhatsApp: +250788205788

Email: info@imirasiretv.com

Izo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.

error: Oops!