Umugore witwa Karen Wangechi wo mu gihugu cya Kenya, ari kuvugwaho cyane muri iki gihe kubwo gushyira hanze amafoto y’ubwambure bwe, aho avuga ko abiterwa n’uko umugabo we atamuhaza mu buriri. Ntayindi nkuru yiriwe ivugwa tariki 10 Gashyantare 2023 muri Kenya, uretse uyu mugore wavuzwe ko aca inyuma umugabo we.

 

Uyu mugore, yagiye yoherereza abandi bagabo amafoto ye y’ubwambure akababwira ko umugabo we w’umupasiteri adafite imbaraga zo kumuhaza mu buriri. Iyo myitwarire y’uwo mugore n’amafoto menshi cyane byanyujijwe kuri shene ya Telegram ikomeye muri Kenya bamugira igitaramo.

 

Ku mbuga nkoranyambaga agaragara nk’umugore wiyubashye, ariko inyuma yazo ahugiye mu kugaburira abandi bagabo imbuto zabujijwe. DORE AMAFOTO YAGIY ASHYIRA HANZE ACA INYUMA UMUGABO WE

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.