Nyuma y’imyaka 10 umugore ashakisha umwana akaza gushaka uburyo bamushyiramo indi nyababyeyi nshya muri 2024 yaje kwibaruka umwana w’umukobwa mu buryo benshi bafata nk’igitangaza cy’ubuzima. Uyu mugore yatangiye urugendo rwo gushaka igisubizo cy’ikibazo ke guhera mu 2015 agana muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika gushaka ubuvuzi ku kibazo cyuko atari afite nyababyeyi.
Nyuma y’imyaka myinshi uy’umugore asenga maze agashyiramo no kwizera Imana yaje ku musubiza , kuko yarafite uburwayi bwihariye nubwo urugendo rwari rugoye yakomeje kwizera Imana , mu kwezi kwa Nzeri 2024 bamushyizemo nyababyeyi nyuma y’ibyumweru bike nyuma yaho amenya ko atwite ibineza neza biramutaha.
Nyuma yaho y’ibarutse umwana we w’umukobwa uy’umunsi nibwo yaje ku mufata mu ntoki aho umwana yavutse ntakibazo afite na kimwe aho bamwe mu babyeyi batangiye kugira ibisubizo bajyaga bahura nabyo.