Kuwa 1 kamena 2023 umugore wo muri Leta zunze ubumwe za Amerika I Washington yajyanwe muri gereza yihariye azira kurenga ku itegeko ry’umucamanza ryo kwishyira mu kato akabanza kunywa imiti y’igituntu. Ni nyuma y’amezi atatu umucamanza ategetse ko uwo mugore wiswe V.N afatwa agashyirwa ahantu hihariye ngo abanze anywe imiti atazanduza abandi.

 

Umwe mu bayobozi bo mu gace uwo mugore atuyemo, Darren Moss Jr,yavuze ko uwo mugore batazamufunga bya burundu, ahubwo azamara iminsi 45 acungirwa hafi kugira ngo abanze anywe imiti. Uyu mugore yashyiriweho inyandiko zimuta muri yombi nyuma y’uko ubuyobozi bumusabye kenshi kunywa imiti y’igituntu no kwirinda kujya ahari abantu benshi akabyanga.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.