banner

Umugore yahagurutse mu rusengero ajya gukora ku gitsina cya pasiteri asobanura ikibimuteye.

Murusengero rwo mugihugu cya Ghana, Umugore yatunguye abakristu bari murusengero ubwo yahagurukaga akajya gukorakora igitsinda cya pasiteri wari uyoboye amateraniro. Ibi uyu mugore yabikoze, ubwo Pasiteri yari amaze gusaba abakristu bari mu iteraniro ko buriwese ufite aho ababara cyangwa arwaye, mu kwizera ko yaza agakora kurugingo rwa pasiteri bitewe naho ababara.  Umusore wo muri Gisagara watanze ubuhamya bw’uko yiteje imbere mu nama y’umushyikirano yabaye indirimbo kubwo kuba ibyo yavuze bivugwa ko ari ukubeshya.

 

Ubwo pasiteri yari amaze kuvuga ibi abakristu bafite ibibazo batangiye guhaguruka buriwese akora kurugingo rwa pasiteri yumva ashaka, hari abamukoze ku mutwe, amaboko, amaguru, ibirenge, ku nda…. Mu bahagurutse bose uwabatunguye akanabatangaza ni umugore wahise afata igitsina cya pasiteri atangira kugikababa asa nugikinisha.

Inkuru Wasoma:  Ruhango: RIB yataye muri yombi umuyobozi ukomeye akurikiranyweho kugurisha umutungo wa Leta

 

Uyu mu pasiteri yaretse uyu mugore igitsina cye agikoraho uko abyifuza, mugihe yari arangije, umugore agiye kwicara yamubajije impamvu yahisemo gukora kugitsina cye. Uyu mugore yagize ati: “igitsina cy’umugabo wanjye ntabwo gikora Nizera ko ninkora ku cyawe, ubushake bw’umugabo wanjye buzakira”. nk’uko ikinyamakuru diamondcelebrities cyabitangaje.

Umugore yahagurutse mu rusengero ajya gukora ku gitsina cya pasiteri asobanura ikibimuteye.

Murusengero rwo mugihugu cya Ghana, Umugore yatunguye abakristu bari murusengero ubwo yahagurukaga akajya gukorakora igitsinda cya pasiteri wari uyoboye amateraniro. Ibi uyu mugore yabikoze, ubwo Pasiteri yari amaze gusaba abakristu bari mu iteraniro ko buriwese ufite aho ababara cyangwa arwaye, mu kwizera ko yaza agakora kurugingo rwa pasiteri bitewe naho ababara.  Umusore wo muri Gisagara watanze ubuhamya bw’uko yiteje imbere mu nama y’umushyikirano yabaye indirimbo kubwo kuba ibyo yavuze bivugwa ko ari ukubeshya.

 

Ubwo pasiteri yari amaze kuvuga ibi abakristu bafite ibibazo batangiye guhaguruka buriwese akora kurugingo rwa pasiteri yumva ashaka, hari abamukoze ku mutwe, amaboko, amaguru, ibirenge, ku nda…. Mu bahagurutse bose uwabatunguye akanabatangaza ni umugore wahise afata igitsina cya pasiteri atangira kugikababa asa nugikinisha.

Inkuru Wasoma:  Ruhango: RIB yataye muri yombi umuyobozi ukomeye akurikiranyweho kugurisha umutungo wa Leta

 

Uyu mu pasiteri yaretse uyu mugore igitsina cye agikoraho uko abyifuza, mugihe yari arangije, umugore agiye kwicara yamubajije impamvu yahisemo gukora kugitsina cye. Uyu mugore yagize ati: “igitsina cy’umugabo wanjye ntabwo gikora Nizera ko ninkora ku cyawe, ubushake bw’umugabo wanjye buzakira”. nk’uko ikinyamakuru diamondcelebrities cyabitangaje.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru cyashyizweho kigamije gutangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Phone/ WhatsApp: +250788205788

Email: info@imirasiretv.com

Izo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.

error: Oops!