Uwitwa Kasuku cyangwa se Jaysqueezer umenyerewe cyane ku mbuga nkoranyambaga, yatangaje ko afite amashusho ya Emerance Bwiza wamenyekanye cyane nka bwiza mu muziki nyarwanda arimo gusambana ndetse akajya anavuga ko araza kuyashyira hanze.

 

Mu mafoto yagiye agaragara ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane twitter na Instagram, hagaragaye ibiganiro bigaragaza Bwiza na Kasuku barimo kuganira, aho Bwiza yamubwiraga ko niba ari n’amafranga ashaka ko amuha ntayo amuha maze akore aibyo ashaka, ariko Kasuku we akamubwira ko araza kuyahyira hanze.

Saranda yahishuye amaherezo ya filime nyarwanda ”The secret”

Abakoresha imbuga nkoranyambaga cyane cyane urubyiruko kuri twitter nta kindi kiganiro barimo kuvuga uretse bwiza, yewe hari n’abari kwerekana amafoto ya Bwiza mu ma position atandukanye bagashyiraho akantu karanga amashusho(video) nk’abagaragaza ko ariho bakase iyo foto, ariko nta muntu utunze iyo video yavuzwe.

 

Mu kiganiro Bwiza yagiranye na bwiza, yavuze ko ayo mashusho avugwa atamuteye ubwoba ahubwo nawe afite amatsiko yo kuyabona, bamubajije uko yabyitwaramo aya mashusho aramutse agiye hanze bivugwa ko ari we, yasubije avuga ko ibyo bintu byaba ari ibidashoboka keretse gusa ari inkuru ishushanyije nko kugaragaza ko ibyo bintu ntabyo yanakora.

Imyanzuro akarere kafatiye abakora uburaya bayise ihohoterwa

Bwiza Emérance yasobanuye ko ubusanzwe ataziranye na Kasuku, ndetse ngo nta kibazo bafitanye. Yamenyesheje abakunzi be ko abakunda, ko ari Umunyarwandakazi wubahiriza indangagaciro kandi ko ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiza ibihuha bidakwiye guhabwa agaciro.

Asaba ku muhanda kandi yarize kaminuza muburusiya

Ni ikinyamakuru cyashyizweho kigamije gutangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Phone/ WhatsApp: +250788205788

Email: info@imirasiretv.com

Izo twaguhitiyemo

©2021-2024 IMIRASIRE TV Ltd. All Right Reserved