Ni muri repubulika iharanira demokarasi ya Congo mu mugi wa Goma hari kuvugwa inkuru y’agahomamunwa aho umukobwa muto w’inkumi ushinjwa n’abaturanyi be ibyaha byo guhohotera umusaza w’imyaka 76 amufata kungufu ndetse akanamuhoza ku nkeke.

 

nk’uko bitangazwa n’abaturage b’uyu mukobwa bavuga ko uyu mukobwa afata ku ngufu umusaza w’imyaka 76 akanamuhoza ku nkeke, kandi ngo si ibyo gusa kubera uyu mukobwa nabo yarabazengereje kuko abana babo b’abahungu abafata kungufu cyane cyane abari munsi y’imyaka 10 kumanura akabasambanya.

 

Abaturage bahangayikishijwe n’uyu mukobwa w’imyaka 16 bavuga ko batewe impungenge nawe cyane, ariko ikintu kiba kibahangayikishije cyane ni uko ashobora kubanduriza abana indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina cyan cyane izidakira, bakaba banasaba ababyeyi b’uyu mukobwa kwirengera ingaruka z’ibikorwa by’uyu umwana wabo.

 

ikintu gitangaje kuri uyu mukoba avuga ko ngo uyu musaza bamushinja gufata kungufu byose abiterwa n’uko amukunda ndetse n’urukundo ruri hagati yabo. bigeze naho imiryango ituranye n’uyu mukobwa isaba abo mu muryango w’uyu musaza ko bagana ubutabera kuko ibyo akorerwa n’uyu mukobwa ari indengakamere kandi bitumvikana nk’uko tubikesha kglnews.

 

Ni ikinyamakuru cyashyizweho kigamije gutangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Phone/ WhatsApp: +250788205788

Email: info@imirasiretv.com

Izo twaguhitiyemo

©2021-2024 IMIRASIRE TV Ltd. All Right Reserved