Umunyacanada w’imyaka 32 yafatanywe igihanga cy’ingona

Abategetsi bo mu Buhinde batangaje ko bataye muri yombi umugabo w’Umunya-Canada ku kibuga cy’indege cy’i Delhi atwaye amagufa y’igihanga cy’ingona mu muzigo we.

 

Ubwo yahagarikwaga bwa mbere mu igenzura ry’umutekano, uwo mugabo w’imyaka 32 yari ari ku kibuga cy’indege ku wa mbere kugira ngo afate indege yerekeza muri Canada.

 

Itangazo ry’ejo ku wa kane ry’urwego rwa gasutamo rw’i Delhi rigira riti: “Mu gusuzuma twamusangaye igihanga gifite amenyo atyaye, gisa n’urwasaya rw’umwana w’ingona, gipima amagarama hafi 777, cyatahuwe gipfunyitse mu gitambaro gisa n’umuhondo werurutse.”

Inkuru Wasoma:  Kwitwaza imbunda kwa Traore kwateje impungenge mu irahira rya Perezida wa Ghana

Abo mu rwego rwa gasutamo bavuze ko uwo mugabo yatawe muri yombi ndetse ko icyo gihanga cyahawe ikigo cya leta cyita ku mashyamba n’inyamaswa.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Email: info@imirasiretv.com

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.

error: Oops! Paji uri gushakisha ntabwo ibashije kuboneka