Umunyamakuru Issiaka Mulemba wanditse izina mu gisata cy’imikino n’imyidagaduro mu bitangazamakuru bitandukanye, yakoreye ubukwe muri Amerika na Nana aho bombi batuye kuri uwo mugabane. Ni nyuma y’uko Mulemba yimukiye muri Leta zunze ubumwe z’Amerika agiye gukomerezayo ubuzima.

 

Ubukwe bw’aba bombi bwabaye kuwa 23 Nzeri 2023. Mulemba yakoreye ibitangazamakuru bitandukanye birimo BTN TV, Isango Star na Voice of Africa.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.