banner

Umunyamategeko w’umugore yavuze ko atakwikoza guteka kuko umugabo we ari umukire.

Umwavoka witwa Maryam jidayi uturuka muri leta ya Borno mu gihugu cya Nigeria yasubije umugabo wamubwiye ko ajya mu gikoni gutekera umugabo we aho kwirirwa aganira na we ibijyanye na politiki, uyu mugore yamusubije ati “ ntabwo njya nteka! umugabo wanjye ni umukire bikabije! Mfite abakozi batanu bo mu rugo! Ibyo bibwire mushiki wawe.”    Ndimbati arashinjwa gutera umugongo amasezerano yagiranye n’uruganda rwenga inzoga agakorana n’urundi.

Inkuru Wasoma:  Hagaragajwe umwanzuro udasanzwe watangiye gushyirwamo imbaraga mu rwego rwo kurandura mu buryo burambye umutwe wa M23

Umunyamategeko w’umugore yavuze ko atakwikoza guteka kuko umugabo we ari umukire.

Umwavoka witwa Maryam jidayi uturuka muri leta ya Borno mu gihugu cya Nigeria yasubije umugabo wamubwiye ko ajya mu gikoni gutekera umugabo we aho kwirirwa aganira na we ibijyanye na politiki, uyu mugore yamusubije ati “ ntabwo njya nteka! umugabo wanjye ni umukire bikabije! Mfite abakozi batanu bo mu rugo! Ibyo bibwire mushiki wawe.”    Ndimbati arashinjwa gutera umugongo amasezerano yagiranye n’uruganda rwenga inzoga agakorana n’urundi.

Inkuru Wasoma:  Hagaragajwe umwanzuro udasanzwe watangiye gushyirwamo imbaraga mu rwego rwo kurandura mu buryo burambye umutwe wa M23

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru cyashyizweho kigamije gutangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Phone/ WhatsApp: +250788205788

Email: info@imirasiretv.com

Izo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.

error: Oops!