Umugabo ukomeye w’umufaransa niwe ujegutoza ikipe y’igihugu amavubi; kuri uyu wa mbere nimugoroba nibwo umutoza uje gukora contract na MINISPORT na FERWAFA  yageze mu Rwanda . biri kuvugwa ko uyu mutoza ari umuhanga cyane .

Uyu mutoza aje gusimbura Mashami VICENT wari usanzwe utozaikipey’igihugu amavubi ariko kubera umusaruro mucye , MINISPORT kubufatanye na FERWAFA no kubera icyerekezo bifuza ko bageze umupira w’ikipe ya amaguru bakaba barifuje kuzana umutoza mushya uhabwa ibyo yifuza agatanga ibyo abanyarwanda bifuza.

Uyu mugabo yazanye na Directeur technique mukumvikana byanyuma na AMAVUBI , biteganyijwe ko ejo ku wagatatu ntagihindutse bari bumwereke  itangaza amakuru.

 

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Email: info@imirasiretv.com

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.