Itangazo ryaturutse mu biro bya minisitiri w’intebe kuri uyu wa 16 nzeri 2022 rivuga ko bwana Didier Shema Maboko ahagaritswe ku nshingano ze.

 

Ryagiraga riti” hagendewe ku bitaganywa n’itegeko nshinga rya rupubulika y’u Rwanda ryo muri 2003 ryavuguruwe mu 2015 cyane cyane mu ngingo yaryo ya 112, 50 (g), none kuwa 16 nzeri 2022 Bwana Didier Shema Maboko yahagaritswe ku mwanya w’umunyamabanga uhoraho muri minisiteri ya siporo. Mu izina rya perezida wa repubulika, Paul kagame”.

 

Nta mpamvu yagagarajwe ko ariyo yateye bwana Shema guhagarikwa, gusa hari hashize igihe havugwa ibibazo bitandukanye muri iyi minisiteri cyane cyane ibijyanye n’imikino, yewe n’ihagarikwa rya bamwe mu bayobozi hakavugwa no kutumvikana ku byemezo bimwe na bimwe. Kt

Abanyamakuru bose bari mu rujijo kubera uburyo Bamporiki Edouard yajemo mu rukiko

Ni ikinyamakuru cyashyizweho kigamije gutangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Phone/ WhatsApp: +250788205788

Email: info@imirasiretv.com

Izo twaguhitiyemo

©2021-2024 IMIRASIRE TV Ltd. All Right Reserved