Uwahoze ari umukunzi wa nyakwigendera Yvan Buravan, Chiffa Marty yabajijwe n’umwe mu bamukurikira niba ateganya gusubira mu rukundo, asubiza ko uwo Yvan Buravan azamwoherereza ari we bazakundana.  Menya byinshi kuri Ramy Boy ukunze kugaragara mu mashusho ya Nyaxo

 

Yabivuze ubwo yari yatanze umwanya kubamukurikira ku rukuta rwe rwa Instagram ngo bamubaze ibyo bashaka. Yakoresheje izina ‘Van’ yakundaga kwita Yvan Buravan ko azamwoherereza umuntu. Uyu mukobwa yamenyekanye mu myidagaduro ya hano mu Rwanda nyuma y’urupfu rw’uwari umukunzi we Buravan.

 

Kuva Buravan yakwitaba Imana, uyu mukobwa utuye I Burayi abamukurikira bakunda kubona ubutumwa bw’amaganya ku mbuga nkoranyambaga ze.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.