Uwimenyereza umwuga w’ubwarimu yateye inda abanyeshuri 24 n’umuyobozi w’iryo shuri adasize n’abarimukazi 4

Mu gihugu cya Ghana mu gace ka Ashanti, hari ikigo umwarimu wimenyerezaga umwuga yateye inda abanyeshuri b’abakobwa 24 bacyo, umuyobozi w’icyo kigo (directrice) ndetse n’abarimukazi bane bo muri icyo kigo. Ikinyamakuru Trace univers cyatangaje ko uyu musore yari yaje kwimenyereza umwuga muri iki kigo cya Lyce de la Municipalite d’asorkore Mampong.

 

Amakuru avuga ko kandi uyu musore mbere yo kuza kwimenyereza umwuga muri icyo kigo, yari yaranahize agaruka aje kwimenyereza umwuga w’ubwarimu ari nabwo yateye inda abo bantu bose.

 

Nyuma y’uko amakuru amenyekanye uyu musore yahise atabwa muri yombi. Byatunguye abantu benshi cyane kumva ko umusore yaje kwimenyereza umwuga ariko bikarangira ateye inda abantu bangana kuriya barimo n’umuyobozi w’ishuri.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.