banner

Wazalendo yateye AFC/M23 i Bukavu

Umutwe witwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wasubije inyuma abarwanyi b’Ihuriro rya Wazalendo bacengeye mu Mujyi wa Bukavu uherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

 

Abarwanyi ba Wazalendo bagaragaye binjirira ahazwi nka Camp TV muri Komine ya Kadutu mu gitondo cyo kuri uyu wa 3 Werurwe 2025.

 

Amakuru aturuka i Bukavu avuga koaba barwanyi ba Wazalendo bamaze muri aka gace igihe kitarenga iminota 20 kuko abarwanyi ba M23 babirukanyemo, basubira mu misozi baturutsemo.

Inkuru Wasoma:  Amerika ntigishaka Perezida Zelensky ku butegetsi

 

M23 igenzura Umujyi wa Bukavu kuva tariki ya 16 Gashyantare 2025, nyuma yo kuwirukanamo Ihuriro ry’Ingabo za Leta ya RDC ririmo Wazalendo kuva tariki ya 14 Gashyantare.

 

Kuva M23 yafata uyu mujyi, yakajije umutekano waho kugira ngo abaturage bashobore gusubukura ibikorwa bakesha imibereho ya buri munsi, birimo ubucuruzi.

 

Kugira ngo kurinda umutekano wa Bukavu n’ibindi bice byorohe, tariki ya 28 Gashyantare M23 yashyizeho ubuyobozi bushya bw’Intara ya Kivu y’Amajyepfo muri rusange.

Wazalendo yateye AFC/M23 i Bukavu

Umutwe witwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wasubije inyuma abarwanyi b’Ihuriro rya Wazalendo bacengeye mu Mujyi wa Bukavu uherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

 

Abarwanyi ba Wazalendo bagaragaye binjirira ahazwi nka Camp TV muri Komine ya Kadutu mu gitondo cyo kuri uyu wa 3 Werurwe 2025.

 

Amakuru aturuka i Bukavu avuga koaba barwanyi ba Wazalendo bamaze muri aka gace igihe kitarenga iminota 20 kuko abarwanyi ba M23 babirukanyemo, basubira mu misozi baturutsemo.

Inkuru Wasoma:  Amerika ntigishaka Perezida Zelensky ku butegetsi

 

M23 igenzura Umujyi wa Bukavu kuva tariki ya 16 Gashyantare 2025, nyuma yo kuwirukanamo Ihuriro ry’Ingabo za Leta ya RDC ririmo Wazalendo kuva tariki ya 14 Gashyantare.

 

Kuva M23 yafata uyu mujyi, yakajije umutekano waho kugira ngo abaturage bashobore gusubukura ibikorwa bakesha imibereho ya buri munsi, birimo ubucuruzi.

 

Kugira ngo kurinda umutekano wa Bukavu n’ibindi bice byorohe, tariki ya 28 Gashyantare M23 yashyizeho ubuyobozi bushya bw’Intara ya Kivu y’Amajyepfo muri rusange.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru cyashyizweho kigamije gutangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Phone/ WhatsApp: +250788205788

Email: info@imirasiretv.com

Izo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.

error: Oops!